Ubuzima Bw'ejo Hazaza

Umwami Yesu yaje mu isi gu kiza abantu aba kuye mubyaha byabo.Yiyambuye ubwiza bwe yambara akamero k’umu garage w’Imbata agira ishuso y’umuntu (Abafilipi 2:7). Ya pfiriye ibyaha byose byabari mu isi bose ara hambwa kumunsi wa gatatu ara zuka(1Abakorinto 15:4), Ajya mu ijuru aho yicaye iburyo bwase (Ibyakozwe 1:9). Intumwaze zara mubonaga ndetse nabigishwabe bagera ku ijana na makumyabiri bara mubonye nyuma yo kuzuka.Amaze kuzamurwa agiye mu ijuru abamarayika babiri babonekeye intumwa barazibwira bati uko mumubonye agiye niko muza mubona agarutse.Imana niyo yonyine izi igihe umwami azazira. Wenda hazaba ari nimugoroba cyangwase mugicuku cyangwa se mumuseke cyangwa mugitondo cy’agsusuruko cyangwase nimugoroba wa joro. (Mariko 13:35) “Nicyo gituma namwe mukwiriye guhora mwiteguye kuko mutazi umunsi n’igihe umwami wanyu azaziraho.Nuko rero namwe muhore muri maso kuko igihe mudatekereza aribwo umwami azabatunguriraho (Matayo 24:44).

Chinese Hindi Romanian Swahili (Macrolanguage)

2024 Kanama 7 in  Ubuzima Bw'ejo Hazaza 3 minutes